Tags : Beatrice Uwamariya

Muhanga: Igihangano kigaragaza ishingiro ry’ubukungu  bw’akarere cyatwaye Miliyoni 10

Mu mujyi wa Muhanga, haraye hatashywe Igihangano kigaragaza ishusho y’umutungo kamere w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro bubaftwa nk’ishingiro ry’ubukungu w’akarere ka Muhanga. Iki gihangano cyuzuye gitwaye asaga miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda. Imirenge 11 muri 12 igize akarere ka Muhanga, yamaze kugaragaramo amabuye y’agaciro y’ubwoko butandukanye. Ibi bituma aka karere gafata ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro nk’ishingiro ry’ubukungu bwako. […]Irambuye

Muhanga: Abikorera barishimira kuba noneho bahabwa ijambo

Abikorera mu Karere ka Muhanga baravuga ko ubu bahawe ijambo mu iterambere ry’Akarere bisumbye uko byari bimeze mu minsi yashize kuko noneho ngo bicarana n’ubuyobozi bakaganira ku mpinduka zatuma imikorere y’impande zombi irushaho kugenda neza. Juvénal Kimonyo Perezida w’Urugaga rw’Abikorera  mu  karere ka Muhanga, avuga ko ubu aribwo bahabwa ijambo mu kugira uruhare mu bikorwa […]Irambuye

Muhanga: Abikorera noneho bemeye gufatanya kubaka isoko

Mu nama  yahuje  ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, ubw’Akarere ka Muhanga, urugaga rw’abikorera  n’inzobere  ziturutse mu gihugu  cya Singapore, UWAMARIYA Béatrice umuyobozi w’Akarere ka Muhanga yatangaje ko  kuba abikorera bagiye gutangira imirimo yo kubaka isoko byerekana ko ubufatanye bw’abikorera bushoboka. Iyi nama yahuje izi nzego igamije kurebera hamwe  uko amahirwe  ari mu karere ka Muhanga aramutse […]Irambuye

en_USEnglish