Tags : Banki y’Isi

Mu mu myaka 5 mu Rwanda ngo hazaba hari ‘Internet

Kuri uyu kabiri muri Kaminuza y’u Rwanda hatangijwe ibigo bine by’ikitegererezo mu mashami atandukanye bizafasha Abanyarwanda kongera ubumenyi mu mashami atandukanye harimo na ICT.  Ibigo by’ikitegererezo bine muri Africa bizaba biri mu Rwanda ni ikigo kigisha ikoranabuhanga(ICT), ikigo kiga kandi kigatunganya ingufu hagamijwe iterambere rirambye, ikigo cy’ubumenyi n’imibare, n’ikigo gikusanya amakuru kikanayasesengura (Data sciences). Ibi […]Irambuye

Banki y’Isi yemeje umushinga wa Miliyoni 79 $ uzahuriza imipaka

Kuri uyu wa mbere, ubuyobozi bwa Banki y’Isi bwemeje inkunga ya Miliyoni 79 z’Amadolari ya Amerika ($) agiye gushyigikira umushinga wo koroshya ubucuruzi bwambukiranya imipaka mu karere k’ibiyaga bigari cyane cyane u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) na Uganda. Banki y’Isi ivuga ko uyu mushinga wiswe “Great Lakes Trade Facilitation Project” uzafasha abacuruzi […]Irambuye

en_USEnglish