Tags : Antoine Rutayisire

Past. Rutayisire yamaganye ababyeyi bitambika mu rukundo rw’abana ngo ntibahuje

Kigali- Mu giterane, gihuza abanyamadini batandukanye mu matorero biyemeje gusengera igihugu Rev Past. Antoine Rutayisire yamaganye ababyeyi bitambika mu rukundo rw’abana bashaka kubana ngo kuko badahuje ubwoko, avuga ko umuzi w’amacakubiri ukwiye kurandurwa kandi ababyeyi bakabigiramo uruhare rukomeye. Igiterane cyabereye mu mujyi wa Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura kiswe ISANAMITIMA, cyateguwe n’abantu batandukanye b’abanyamasengesho […]Irambuye

Past. Rutayisire yatanze inama ku gikwiye mu kwigisha gukumira ingengabitekerezo

Rev. Pasteur Dr Antoine Rutayisire ku cyumweru tariki ya 10 Mata 2016, yatanze ikiganiro kuri Radio Voice Of Africa ku ruhare rw’amadini mu kurwaya ingengabitekerezo ya Jenoside na we avuga uko abibona. Ati “Ingengabitekerezo ya Jenoside yubakira ku mibanire mibi yabayeho na mbere.” Yakomeje avuga ko ubibonera ku bikomere by’amateka byagiye bisigara, n’abazungu baje babitiza […]Irambuye

Demokarasi si umubare wa manda…Perezida si na we ukwiye gutegura

*Muri Demokarasi Perezida si we utegura uzamusimbura, keretse iyo ari ubwami *Sinzi impamvu abantu bibaza isano iri hagati y’Imana n’Ubuyobozi *Uwatwigishije nabi ni uwavuze ko ubuyobozi butajyana n’Imana Ni bimwe mu byavuzwe na Antoine Rutayisire, ku wa gatandatu ushize mu nama y’abayobozi bakiri bato yateguwe n’Umuryango Rwanda Leaders Fellowship uyoborwa na Reverend Pasteri Dr Rutayisire, […]Irambuye

Rev.Past. Rutayisire yashimye agaciro Kagame aha amasengesho y’igihugu

Ubwo Rev Past. Dr Rutayisire Antoine yagezaga ijambo ku mbaga y’abayobozi bakiri bato bari bitabiriye mu gikorwa cy’amasengesho bagirwa inama ku miyobrere, imbere ya Mme Jeanette Kagame, yashimiye Perezida Paul Kagame uruhare agira mu masengesho y’igihugu n’agaciro ayaha. Muri iki gikorwa kiswe ‘Young Leaders Conference’, cyateguwe n’umuryango Rwanda Leaders Fellowship ukuriwe na Past Rutayisire, abayobozi […]Irambuye

Police iraburira abajya gusengera mu buvumo, abanyamadini bavuga ukundi

Mu Rwanda ahatandukanye usanga hari ubuvumo cyangwa ishyamba abantu bajya gusengera. Mu mujyi wa Kigali hari ubuvumo buri ahitwa i Karama no kuri mont Kigali hari ubuvumo buzwi cyane bajya gusengeramo. Polisi ivuga ko ibi biteza umutekano mucye ndetse abantu bakwiye kubireka bitaratangira guhanirwa. Abanyamadini bo bakavuga ko abantu bashakira Imana aho bashaka kuko iba […]Irambuye

en_USEnglish