Tags : Angelina Muganza

Rutsiro: Mu murenge wa Musasa abagore baracyahohoterwa bikabije

Mu biganiro Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yagiranye n’abaturage bo mu Murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro, kuri uyu wa 23 Nzeri, abagore bakirije iyi Minisiteri ibibazo by’akarengane n’ihohoterwa  bakorerwa n’abagabo babo. Hari uwavuze ko umugabo we yamubwiye ko azamwica. Minisitiri y’Uburinganire n’Iterambere ry’umuryango ikunze  kugirana ibiganiro n’abaturage mu bice bitandukanye kugira ngo imenye ibibazo by’ihohoterwa […]Irambuye

“E-recruitment” ngo izaca kugendana impapuro zisaba akazi na RUSWA

*Minisiteri y’Abakozi ba Leta ngo yizeye ko ‘E-recruitment’ izaca ruswa n’ikimenyane. *Nta tangazo ry’akazi ka Leta rizongera gucisha mu binyamakuru, ubu ni kuri Internet, *Minisitiri w’Umurimo avuga ko kwiga imyuga ku warangije Kaminuza bitakuraho impamyabumenyi afite, aho kumara imyaka mu bushomeri. Kuri website ya Minisiteri y’Abakozi ba Leta (www.mifotra.gov.rw) niho amatangazo yose y’akazi ka Leta […]Irambuye

Bamwe ntibashira amakenga igitinza ibizamini by’akazi kugera aho bikorerwa

*Abakoze ikizamini cy’akazi i Kayonza, bagombaga gutangira saa tatu, bigera saa sita n’igice ikizamini kitaratangira, *Ikizamini cyakorewe i Rwamagana cyakerereweho amasaha atatu, i Kirehe cyakererewe amasaha hafi ane *Gukerererwa kw’ikizamini, ngo bigira ingaruka ku bantu bari bugikore Mu Rwanda abakora ibizamini by’akazi barinubira ko ku munsi w’ikizamini ahenshi abateguye ibyo bizamini babibagezaho byakererewe, bakaba badashira […]Irambuye

en_USEnglish