Tags : Amateka

Umurwa mukuru wa Eritrea wagizwe umurage ndangamateka w’Isi

Abahanga mu mateka bawita ‘Roma Ntoya’.  Asmara umurwa mukuru wa Eritrea. Nyuma y’ubusabe bw’abahagarariye iki gihugu mu muryango w’abibumbye bwamaze igihe kirekire, kuri uyu wa Kabiri Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bumenyi, ubushakashatsi n’umuco(UNESCO) ryemeye ko Asmara ishyirwa mu bigize umurage ndangamateka w’Isi. Asmara ibaye ikintu cya 48 muri Africa kigiye mu bigize umurage ndangamateka […]Irambuye

Uwababyeyi yatangiye kubaka ubumwe bw’Abanyarwanda ahereye ku mateka

Honorine Uwababyeyi, w’imyaka 32, yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, yiyemeje guhuza urubyiruko rutandukanye kugira ngo bafatanyirize hamwe komorana ibikomere batewe na Jenoside no gusobanukirwa kimwe amateka yaranze Abanyarwanda, yifuza ko amateka y’Abanyarwanda ataba inkota ibabaga, ahubwo bayabyazamo amatafari bubakisha igihugu kizira amacakubiri. Honorine ngo yashyize hamwe urubyiruko kugira ngo bashingire ku mateka yaranze u Rwanda abe […]Irambuye

Ibya NYIRARUMAGA umugore watangije ubusizi mu Rwanda

Amateka avuga uyu mugore mu buryo burambuye ni make. Padiri Alexis Kagame mu gitabo yise “Un Abregé de l’Ethno-Histoire du Rwanda” niwe wenyine wamwanditseho mu buryo bwafashije abandi banyamateka kumuvuga. Padiri Bernardin Muzungu nawe mu gitabo yise “l’Historiographie Rwandaise de la Poetesse Nyirarumaga” yavuze ko amateka y’uyu musizikazi yayanditse ayakuye kwa Mgr Alexis Kagame mu […]Irambuye

en_USEnglish