Tags : Alpha Rwirangira

Rwanda: Abahanzi 5 bakurikirwa cyane kuri Facebook

Mu Rwanda bamwe mu bahanzi ntibakunze gukoresha imbuga nkoranyambaga nka Facebook, Twitter n’izindi nyinshi, nyamara aha niho usanga imbaga y’abafana ba muzika. Mu bindi bihugu abahanzi usanga aha ariho banyuza buri kintu cyabo kikamenyekana kurushaho. mu Rwanda ababikora ni mbarwa.  MC Tino, umuhanzi akaba n’umunyamakuru, avuga ko we akunda cyane gukoresha Facebook, asanga kuba hari […]Irambuye

Jolis Peace ngo yifuza gukora muzika abazamukomokaho bazasanga

Jolis Peace ukora injyana ya R&B mu Rwanda, umwaka ushize yahagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Tusker Project Fame ya gatandatu, ubu avuga ko yifuza gukora ibihangano bitibagirana ku buryo n’abazamukomokaho bazaza babisanga bigihari. Kimwe n’uyu Peace, abandi bahanzi bazwiho ubuhanga nka Elion Victory, G –Bruce, Social Mula, Gisa Cy’Inganzo buri mukunzi wa muzika muri iyi […]Irambuye

Indirimbo nshya ya Alpha na Kidum yaba ivuga inkuru y’impamo

Mu minsi ishize nibwo hagiye havugwa cyane ko Alpha Rwirangira umwe mu bahanzi Nyarwanda bakunzwe muri aka Karere k’Afurika y’Iburasirazuba kimwe na mugenzi we, Nimbona Jean Pierre uzwi nka Kidumu muri muzika bagiye gushyira hanze indirimbo bise ‘Birakaze’, gusa na none ngo ubutumwa buri muri iyo ndirimbo bwaba ari inkuru y’impamo kuri Alpha. Ibi bimenyekanye […]Irambuye

en_USEnglish