Tags : Abayahudi

USA: Umunyamabanga ushinzwe itangazamakuru yamaganywe kubera ‘gupfobya Holocaust’

Sean Spicer ni umunyamabanga wa Leta ushinzwe itangazamakuru, yasabye imbabazi nyuma y’amagambo yavuze kuri uyu wa Kabiri ko ‘Hitler atari bukore ikosa ryo kwiyicira abaturage’. Uyu mugabo kandi aravugwaho kuvuga ko ibyumba Abayahudi bicirwagamo hakoreshejwe ibyuka bihumanya bikwiye kwitwa Ibigo bya Holocaust. Ibi byababaje umuryango w’Abayahudi baba muri USA n’ahandi ku Isi bamaganira kure ibyavuzwe […]Irambuye

Igitabo Mein Kampf cya Hitler cyaraguzwe cyane mu Budage umwaka

Dr Magnus Brechteken wungirije umuyobozi w’Ikigo kiga amateka y’iki gihe (Contemporary History) yabwiye CNN ko byamutangaje ukuntu Abadage baguze igitabo cya Hitler, Mein Kampf ivuguruye. Iki gitabo abanyamateka bameza ko ari cyo cyenyegeje urwango ku Bayahudi bikabaviramo gukorerwa Jenoside ndetse ngo n’amahame akaze y’ishyaka Nazi niho yari yanditse. Mu ibarurishamibare kiriya kigo cyakoze mu ntangiriro […]Irambuye

U Budage bugiye kwemera ko bwakoze Jenoside muri Namibia

Mu ntangiriro z’Ikinyejana cya 20 ingabo z’Abadage zahawe amabwiriza yo kwica abantu bose bo mu bwoko bubiri bwa nyamuke muri Namibia bwitwa Herero na Nama aba bakaba bari biganjemo aborozi. Kuva icyo gihe kugeza ubu ntibemeye ko ibyo bakoze ari Jenoside. Abanyamateka bo bagiye bemeza ko ibyakozwe ari Jenocide ya mbere yaranze ikinyejana cya 20, […]Irambuye

en_USEnglish