Month: <span>April 2013</span>

Abadage aho bagereye Barca ninaho bashyiriye Real Madrid

Real Madrid yari yagiye ku kibuga cya Signal Iduna Park i Dortmund yahahuriye n’urwo Barcelona yahuriye narwo i Munich, ubwo Madrid nayo yatsindwaga 4 – 1 mu mukino wa 1/2 cya UEFA Champions Ligue. Robert Lewandowski wenyine niwe watsinze ibitego bine bya Boruscia Dortmund kuva ku munota wa 8 gusa. Naho Real Madrid yabashije gukoramo […]Irambuye

Itangazo ry'Ibyemezo by'Inama y'Amaministre yo kuri uyu wa gatatu

None kuwa Gatatu, tariki ya 24 Mata 2013, Inama y?Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME. 1. Inama y’Abaminisitiri yatangiye yifatanya mu kababaro n?imiryango y?ababuze ababo, abakomeretse ndetse n’abasenyewe n’ibiza biturutse ku mvura nyinshi yaguye mu bice byose by’ igihugu, ishima abantu bose bagize uruhare mu butabazi, iboneraho gusaba […]Irambuye

Inyogosho z'aba ‘Star’ bo mu Rwanda

Abitwa aba ‘Star’ ni indorerwamo kuri benshi, cyane cyane urubyiruko ari narwo rugize umubare munini w’abanyarwanda, imyitwarire yabo, imyambarire, inyogosho n’ibindi byabo bireberwaho n’abo ba nyamwinshi. Inyogosho zabo ni kimwe mu byitegerezwa na benshi iyo bababonye, ndetse izo nyogosho zabo zikabera urugero bamwe mu bakunzi babo. Umuseke.com wagerageje kubegeranyiriza amafoto ya zimwe mu nyogosho z’aba […]Irambuye

Dushobora gufata Goma mu minota 30 gusa –M23

Hari ku itariki 20 Ugushyingo umwaka ushize ubwo inyeshyamba za M23 zirukanaga ingabo za Leta ya FARDC zikagenzura umujyi wose wa Goma n’inkengero zawo, ndetse zari hafi yo gusumira uwa Bukavu. Kwemera kumva aba barwanyi nibyo byatumye barekura uwo mujyi bari bamazemo iminsi 12 bagasubira mu birindiro byabo i Bunagagana. Aba barwanyi ngo baracyafite ubushobozi […]Irambuye

Turacyasabiriza amahanga kuko nta bumwe dufite –Museveni

Kimihurura – Asoza inama rusange y’ Inteko nshingamategeko ya Afurika y’Uburasirazuba (EALA) imaze iminsi ibera mu Rwanda, kuri uyu wa 24 Mata Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko Abanyafurika bagitegereza impano z’amahanga kuko ubwabo nta bumwe bushyitse bafite. Prezida Yoweri Kaguta Museveni akaba n’umuyobozi uhagarariye akanama k’ibihugu bya Afurika y’uburasirazuba(EAC), mu ijambo rye […]Irambuye

Abahanzi ba Hip Hop batanu bakize kurusha abandi ku Isi

Ikinyanyamakuru forbes magazine cyatangaje abaririmbyi b’injyana ya Hip Hop bakize ku Isi muri uyu mwaka wa 2013, ubu bukire bwabo bakaba batabikesha kuririmba iyi njyana gusa ahubwo n’izindi business bakora mu buzima bwabo busanzwe bwa buri munsi. Uza imbere ni Sean “Diddy” Combs ibi akaba abikesha kuba ari ambassador wa Diageo’s Cîroc vodka ndetse no […]Irambuye

Ingabire yumvishijwe amagambo yavugiye ku Gisozi no kuri VOAfrica

Hari tariki ya 16 Mutarama 2010 ubwo Victoire Ingabire yasuraga urwibutso rwa Kigali, aha mu ijambo rigufi yahavugiye niho harimo amagambo ubu ari mubyo ashinjwa ku kuba ahakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu rubanza rwo kuri uyu wa 24 yumvishije amagambo yavuze ndetse n’ayo yavugiye kuri Radio Voice iof Africa ubwo yari amaze igihe […]Irambuye

Impamvu indaya zitwara abagabo b’abandi

Umuntu ashobora kwibaza ibanga indaya zifite mu kureshya abagabo zikageza n’aho zibatwara burundu bagata ingo zabo. Mu buzima busanzwe, uburaya ni umwuga ndetse abawukora bemeza ko ari umwuga ufite ingaruka mbi nko gupfa,kwanduriramo uburwayi butandukanye nka VIH/SIDA, imitezi n’izindi. Mu bihugu byitwa ko byateye imbere ho usanga indaya zifite amashyirahamwe akomeye yinjiza amafaranga akanatanga n’imisoro. […]Irambuye

Abanyarwanda bamwe ntibazi ubwiza bw’igihugu cyabo – Ikatani KIYOTAKA

Umuyapani Ikatani KIYOTAKA amaze amezi ane ageze mu Rwanda, amaze kugenda ibice byose by’igihugu aho akorera umushinga JICA mu bijyanye no gukwirakwiza amazi mu biturage. Aganira n’Umuseke.com ku buryo yabonye iki gihugu gishya kuri we avuga ko ari cyiza ku buryo abona abanyarwanda bamwe batazi. Si ubwiza nyaburanga yavugaga, avuga ku mibereho, imiyoborere, amahoro, ubwisanzure […]Irambuye

None Madrid yabonera urwo Barcelona yaboneye mu Ubudage ?!

Abakunzi b’umupira w’amaguru bari kwibaza niba urwo Barcelona yaraye ihuye narwo i Munich mu Budage atari rwo Real Madrid iza kubonera i Dortmund kuri uyu mugoroba mu marushanwa ya Champions Ligue i burayi. FC Barcelona, ikipe ubu ifatwa nk’iya mbere kwisi mu guconga ruhago yaraye ihuye n’uruva gusenya ubwo yakubitwaga bine ku busa (4 – […]Irambuye

en_USEnglish