Month: <span>February 2016</span>

Min. Kaboneka yasabye abayobozi bashya b’umujyi wa Kigali kumva abaturage

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yabwiye abayobozi bashya batorewe kuyobora Umujyi wa Kigali ko ari akazi gakomeye batangiye, bityo ko bagomba gukora nk’ikipe imwe, ndetse bagatega amatwi ababagiriye ikizere bakabatora bashyira imbere inyungu z’abaturage imbere y’ibindi byose. Minisitiri Kaboneka yabwiye abatorewe kujya muri Komite Nyobozi n’abajyanama babo ko akazi batorewe gakomeye, ariko ngo bagomba kugakora […]Irambuye

Menya Ruyenzi n’uduce 4 tuyigize, ubu hagezweho Bishenyi

Francois Bizimana yemeza ko ari we mufundi wzamuye inzu igezweho muri Centre ya Ruyenzi, icyo gihe muri 2007 ngo akazi karabonekaga ariko ubu ngo karagabanutse. Ruyenzi igizwe n’uduce tune, Nyagacaca, Rugazi, Rubumba na Bishenyi. Uruyenzi ni ryo zina abahakomoka bakunda ku hita, ni mu ntera itari ndende uvuye mu Mujyi wa Kigali ugana yo. Ni […]Irambuye

Kurangiza imanza: Leta ngo yishyura ku kigero cya 75% ariko

Kuri uyu wa mbere ubwo yagiranaga ibiganiro na Komisiyo ya Politiki, uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore mu iterambere ry‘igihuguku ku bibazo byagaragaye muri raporo y‘urwego rw’Umuvunyi mukuru ya 2014-2015, Minisitiri w’ubutabera Johnston Busingye yasabye Abadepite gukorera Leta ubuvugizi ikajya yishyurwa mu manza yatsinze kuko yo yishyura izo yatsinzwe ariko yo abo yatsinze ntibayishyure. Abadepite bari bamubajije […]Irambuye

Kigali: Imodoka itwaye abana 29 yakoze impanuka ku Muhima

Imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Coaster yari itwaye abana b’abanyeshuri 29 bari batashye yakoze impanuka ku muhanda uca munsi y’inyubako zikoreramo RSSB mu murenge wa Muhima kuri iki gicamunsi ariko ku bw’amahirwe ntibagira icyo baba uretse umwe wahungabanye akajyanwa kwa muganga. Spt JMV Ndushabandi, umuvugizi wa Police ishami rishinzwe umutekano mu muhanda yabwiye Umuseke […]Irambuye

Menya Centre yitwa KENYA ku kirwa cya Bugarura i Rutsiro

*Bugarura ni kimwe mu birwa bituwe biri mu kiyaga cya Kivu; *Uvuye i Rubavu n’ubwato ugenda isaha n’igice ukahagera *Kuri iki kirwa hari i-centre y’ubucuruzi bita ‘Kenya’ kuva mu myaka ya za 80. *Batatu bahise iri zina bose baracyariho Centre yitwa Kenya urebye niwo murwa mukuru w’ikirwa cya Bugarura, giherereye mu Kagari ka Bushaka, Umurenge […]Irambuye

Kujya gukina iburayi bisaba gukora cyane no guhozaho – Jimmy

Mu myaka yo ha mbere abakinnyi b’abanyaRwanda beza bajyaga ku mugabane w’iburayi gukina nk’ababigize umwuga, ariko ubu umubare w’abagera kuri urwo rwego waragabanutse cyane. Byatewe n’iki? Ese abakinnyi b’abanyaRwanda ni iki bakora ngo bajye barambagizwa n’amakipe akomeye? U Rwanda nicyo gihugu kidafite abakinnyi bakina nk’ababigize umwuga ku rwego rwo hejuru, wenda nko ku mugabane w’iburayi. […]Irambuye

Miss amaze gutorwa yarampamagaye turavugana – Guverineri Mukandasira

Jolly Mutesi uherutse gutorwa nka Miss Rwanda 2016 yiyamamaje nk’uhagarariye Intara y’Iburengerazuba (nubwo bwose atuye i Kigali). Nyuma yo gutorwa Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba avuga ko uyu mukobwa yamuhamagaye akamubwira ko yifuza ko imihigo ye yifuza kuyitangirira Iburengerazuba. Geverineri Mukandasira w’iyi Ntara yabwiye Umuseke ko bakiriye neza cyane ko Intara yabo ariho Miss Rwanda yaturutse. Nibwo […]Irambuye

Monique Mukaruliza niwe utorewe kuyobora Umujyi wa Kigali

Nyamirambo – Monique Mukaruliza wabaye Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, kuri uyu wa mbere yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali n’amajwi 182 ku bantu 200 batoraga. Mbere yo gutora, Dr Theobald Hategekimana, umuyobozi wa CHUK nawe wiyamamarizaga uyu mwanya yakuyemo candidature ye, maze asaba abari bamushyigikiye gutora Monique Mukaruliza. Monique Mukaruliza yasigaye yahanganye na […]Irambuye

Somalia: Abantu 30 bishwe na al- Shabab bareba umupira wa

Inyeshyamba zo mu mutwe w’iterabwoba wa al-Shabab zatangaje ko arizo zagabye igitero ku cyumweru mu majyaruguru ya Somalia mu mujyi wa Baidoa cyaraye gihitanye abantu 30. Imodoka irimo igisasu yaturikiye hanze ya Restaurant aho abantu benshi barebaga umupira wa Shampiyona yo mu Bwongereza, aho Manchester United yakinaga na Arsenal (3-2). Mu kindi gitero, umwiyahuzi yiturikirijeho […]Irambuye

T.I-Rwanda yishimiye ko abakekwaho ruswa muri Siporo y’u Rwanda barimo

Ikigo mpuzamahanga gishizwe kurwanya ruswa n’akarengane “Transparency Internatinal-Rwanda” kinejejwe n’uko ubutabera bw’u Rwanda bwatangiye gucukumbura ukuri kuri ruswa ivugwa muri Siporo y’u Rwanda. Imikino, by’umwihariko umupira w’amaguru ni igice kidakunze kugenzurwa cyane n’ubutabera busanzwe, na za Guverinoma, ari nayo mpamvu bivugwa ko ruhago ku Isi ari indiri y’abaryi ba ruswa, kuko badakurikiranwa. Mu Rwanda, naho […]Irambuye

en_USEnglish