Tags : Xi Jinping

China yiyemeje kuba umuhuza mu kibazo cya Israel na Palestine

Mu ruzinduko arimo muri Palestine, Perezida wa China, Xi Jinping yasezeranyije iki gihugu yasuye ko agiye gukora ibishoboka byose kugira ngo ibiganiro hagati ya leta yacyo n’iy’igihugu cya Israel bitange umusaruro mwiza w’amahoro arambye muri aka gace gafite amateka muzi y’imibanire mibi. Perezida Xi Jinping yavuze ko igihugu ke kigiye kongera ingufu za diplomatie muri […]Irambuye

U Bushinwa bwemereye Africa miliyari 60$ harimo atazasaba gutanga inyungu

Perezida w’U Bushinwa Xi Jinping yavuze ko igihugu cye kizatanga miliyari 60 z’Amadolari ya America (£40bn) agenewe gufasha uyu mugabane. Mu nama arimo muri Africa y’Epfo, mu muyi wa Johannesburg niho iyi nama ibera. Xi Jinping yavuze ko iyi nkunga ya miliyari 60 z’amadolari harimo n’inguzanyo zitazakwaho inyungu, ndetse harimo n’ubufatanye mu masomo (scholarships) no […]Irambuye

en_USEnglish