Ibibazo byo kwiheba bitewe no gukoresha ikoranabuhanga rigezweho mu itumanaho cyane cyane imbuga nkoranyambaga birafata intera. Iyo ingimbi cyangwa umwangavu amaze akanya runaka adakoresha telefoni ye aganira na bagenzi be mu buryo bumwe cyangwa ubundi ngo ashobora kugaragaza ibimenyetso by’indwara yo mu mutwe bita Post-Traumatic Stress Disorder (PTSD) ikunda gufata abantu nyuma yo gupfusha abo bakundaga. […]Irambuye
Tags : WhatsApp
Imbuga nkoranyambaga zivugirwaho byinshi byiza n’ibibi, haba ubwo zihuza abantu zikabafasha kuganira no kujya impaka zigamije kubaka ku ngingo zikomeye za politiki y’igihugu cyabo, uko babona ibintu, uko bumva bikwiye kugenda mu Rwanda n’ibindi…. Abantu mu miterere yabo baratandukanye, si buri gihe abantu bumva ibintu kimwe ariko uku kunyuranya gushobora kubakirwaho. Umuseke wabashije kubona ikiganiro […]Irambuye