Tags : Vision2020

Gusubiza amafaranga yibwa Leta byongeye gufatirwa ingamba nshya mu Mwiherero

Mu kiganiro n’abanyamakuru ku bijyanye n’ibiganiro abayobozi bakuru baganiriyeho mu Mwiherero wabo wasojwe kuri uyu wa kane, Minisitiri muri Perezidansi Tugireyezu Venantie yavuze ko umwanzuro wo kugaruza amafaranga yibwa Leta wafashwe ubushize, utagezweho, ukaba uri muyongeye gufatirwa ingamba nshya. Uyu mwanzuro wo kugaruza amafaranga yibwa mu kigega cya Leta wari wafashwe mu mwiherero w’Abayobozi ku […]Irambuye

Karongi: Abaturage bataye icyizere ku musaruro wo gukoresha Biogas

Hirya no hino mu karere ka Karongi igikorwa cyo gucana bakoresha Biogas kirasa n’aho kimaze gukendera kuko zitagikoreshwa. Izakozwe mbere zarapfuye ntizikora, abaturage bakavuga ko biogas zabo zikunda gupfa bikabatera kwibaza icyatumye bazitabira. Gahunda yo gukwirakwiza Biogas mu byaro ni umwe mu mihigo iri kugenda gake ugereranyi n’indi nk’uko Perezida w’inama njyanama y’akarere yateranye kuri […]Irambuye

Umunyarwandakazi ashobora gukora ikintu cyose cyahindura igihugu – Mme Karera

Global Women’s Summit izabera mu Rwanda bwa mbere kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Werurwe, ngo izafasha Abanyawandakazi kwikuramo ubwoba, bakigirira icyizere bakumva ko bashoboye mu gukora ibikorwa byabateza imbere n’igihugu. Iyi nama izabera i Kigali, izitabirwa n’abantu 300 barimo abagore bamaze kugera ku iterambere rikomeye bazasangiza abandi ibyo bagezeho. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo […]Irambuye

en_USEnglish