Tags : University

South Africa: Zuma yavanyeho icyemezo cyo kongera amafaranga y’ishuri

UPDATE: Nyuma yo guhura n’abanyeshuri bari bamaze icyumweru bigaragambya bitewe n’icyemezo cyo kongera amafaranga y’ishuri muri Kaminuza, Perezida Jacob Zuma yavanyeho iki cyemezo. Abanyeshuri bari bamaze igihe bigaragambya bageze no ku biro by’Ishyaka ANC ndetse n’iby’Umukuru w’Igihugu, mbere y’uko yemera kuzahura n’impande, urw’abanyeshuri n’abahagarariye kaminuza mu gihugu. Zuma yagize ati “Twumvikanye ko nta kongera amafaranga […]Irambuye

Uganda: Umunyeshuri yahawe 15m ngo atege igisasu muri Kaminuza ya

Polisi ya Uganda iraburira abaturage bo muri Kampala muri rusange n’abanyeshuri ba Kaminuza ya Makerere by’umwihariko  ko bitondera  aho baca naho batuye nyuma y’uko ihawe amakuru ko umunyeshuri wa Makerere yahawe miliyoni 15 z’Amashilingi ngo atege igisasu mu nzu nini yitwa Block B ya Kaminuza. Ku muryango w’ibiro by’Ishami rya Makerere ryigisha Ikoranabuhanga hamanitse itangazo […]Irambuye

en_USEnglish