Tags : UNFPA

Remera: Abaturage bakanguriwe kwita ku bangavu babarinda inda z’indaro

Mu murenge wa Remera mu kagali ka Nyabisindu ahabereye umuganda rusange ngaruka kwezi wa buri wa gatandatu wa nyuma w’ukwezi, abaturage bibukijwe ko bagomba kwita ku banganvu, bakabarinda gutwara inda z’indaro, kuko ari intandaro y’abata ishuri bangana na 7%. Uyu muganda wari witabiriwe cyane n’abaturage b’aka kagali, abayobozi mu murenge ndetse n’abashyitsi baturutse muri Minisiteri […]Irambuye

Abanyarwanda 41% bafite imyaka hagati ya 0 na 14 –

*Abantu miliyari imwe batuye Isi ubuzima bwabo bwagiye mu kaga k’intambara,ibyorezo, Ibiza… *Kuva Intambara ya kabiri y’isi yarangira ubu nibwo isi ifite impunzi nyinshi mu mateka *Abatuye isi miliyoni 100 bakeneye ubufasha bwihutirwa *Abagore n’abakobwa miliyoni 10 bagizwe impunzi *Abagore n’abakobwa bakomeza guhura n’ingorane zo kubyara n’iyo basumbirijwe n’ubuhunzi, ibyorezo cyangwa Ibiza. *Abaturarwanda 41% bafite […]Irambuye

Mahama: Nta cyizere ko impunzi z’Abarundi zizahindurirwa indyo y’igori n’ibishyimbo

Impunzi z’Abarundi zicumbikiwe mu nkambi iri i Mahama mu karere ka Kirehe ho muntara y’Uburasirazuba ziratangaza ko zibangamiwe bikomeye no kurya indyo imwe, bakavuga ko mu mezi arindwi bahamaze batunzwe n’ibigori gusa. Minisiteri ifite impunzi mu nshingano yo itangaza ko nta cyizere yatanga cyo gukemura iki kibazo gusa ngo bagiye kugerageza barebe ko haboneka ibindi […]Irambuye

en_USEnglish