Tags : Umwiherero

Kuzuza inshingano zawe nk’umuyobozi ntabwo byakabaye bifatwa nk’igitangaza – Kagame

Perezida Paul Kagame yasoje umwiherero w’Abayobozi bakuru b’igihugu ku nshuro ya 14 waberaga i Gabiro mu kigo cya Gisirikare, yavuze ko abayobozi bagomba kuzuza inshingano bafite zo gukura abaturage mu bukene, kandi bagafatanya. Uyu mwiherero watangiye ku wa gatandatu tariki 25 Gashyantare 2017, abayobozi bari bamaze iminsi itanu baganira ku ngamba zafatwa mu kwihutisha iterambere […]Irambuye

Haracyari byinshi byo gukorwa ngo ibikorerwa mu Rwanda bihabwe agaciro

*Umwiherero w’abayobozi wemeje ko ibikorerwa mu Rwanda bigomba guhabwa agaciro, *Imyumvire y’Abanyarwanda ku gukunda iby’iwabo ngo iri hasi, *Guca caguwa nta we bizatuma atakaza akazi, bazacuruza imyenda ikorerwa mu Rwanda, *Inganda zizakomeza kugabanyirizwa ibiciro by’amashanyarazi. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku myanzuro 14 yafatiwe mu Mwiherero wa 13 w’Abayobozi bakuru b’igihugu, Minisitiri Francois Kanimba yabajijwe byinshi mu […]Irambuye

en_USEnglish