Tags : Umuvunyi Mukuru

Mu Rwanda bamwe babaye ‘Abashumba’ b’imitungo itari iyabo – Umuvunyi

*Cash less economy (kutagira amafaranga mu mufuka) byaca ruswa, *Amategeko aracyajenjekera abahombya Leta mu mishanga mfabusa, *Abantu biyambura imitungo bakayitirira abandi bayobya uburari. *Ngo hari dosiye abazikurukirana basabwa kuzireka n’ “inzego zo hejuru” kandi hari ibimenyetso! Mu biganiro bikomeje kubera mu Nteko Nshingamategeko bijyanye no kurwanya ruswa, mu kiganiro cya kabiri cyatanzwe n’Umuvunyi Mukuru, Ubugenzuzi […]Irambuye

Umurozi si ubugabura gusa cyangwa utega ibintu, n’utanga Ruswa ni

Mu ngendo Urwego rw’Umuvinyi rurimo gukorera mu turere dutandukanye mu Ntara y’Amajyepfo basobanura ububi bwa ruswa no gukemura ibibazo bishingiye ku karengane, Umuvunyi wungirije ushinzwe guca akarengane, Hon Kanzayire Bernadette, yasobanuriye abaturage bo mu murenge wa Nyamiyaga mu karere ka Kamonyi ko ruswa ari uburozi bwanduzwa ku wa yitanze n’uwayakiriye bakazanduza n’abandi. Umuvunyi Wungirije ushinzwe […]Irambuye

Abantu 877 bagiye kwandikirwa basabwa kugarura ibya Leta bigaruriye

Inama y’igihugu ngishwanama yo kurwanya ruswa n’akarengane yateranye kuwa kabiri w’iki cyumweru ifata imyanzuro irimo kwandikira abantu 877 byagaragaye ko bagomba kugarura umutungo wa Leta batwaye. Iyi nama kandi yasabye ko Urukiko rw’Ikirenga rwihutisha ishyirwaho ry’urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha bimunga ubukungu bw’Igihugu. Iyi nama yateranye iyobowe n’Umuvunyi mukuru ari nawe muyobozi wayo, ari kumwe n’abandi […]Irambuye

en_USEnglish