Tags : Umushyikirano2016

Imana yambwiye ngo habeho ‘Kagame Institute of Good Governance’ –

Mu nama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 14, Umunyarwandakazi Mukantaraga Edissa uba mu gihugu cya Uganda avuga ko impano y’ubumenyi yahawe Perezida Paul Kagame ikwiye gusangizwa amahanga biciye mu kigo yifuza ko gishyirwaho kikitirirwa Perezida. Ati “ Numvise Imana imbwira ngo habayeho ikigo kitwa ‘Kagame Institute of Good Governance’. Atanga igitekerezo cye, Edissa Mukantagara […]Irambuye

U Rwanda rwavuye ku gushakisha imibereho ubu ruri gushaka ubukire

Mu nama y’Umushyikirano iba ku nshuro ya 14, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame wafunguye iyi nama yashimye ibimaze kugerwaho mu mutekano n’ubumwe n’ubwiyunge bw’Abanyarwanda, asaba Abanyarwanda gukunda igihugu no gukundana hagati yabo. Perezida Paul Kagame afungura ku mugaragaro Inama y’Umushyikirano ku nshuro ya 14, yabanje guha ikaze buri wese, haba abaturutse mu Rwanda n’abaturutse ahandi […]Irambuye

en_USEnglish