Tags : UMUHUZA

Wari uzi ko uruhinja rw’amezi rusoma (Inyandiko)?…Uwabitojwe akurana itandukaniro

*Burya ntibasoma amagambo gusa, n’amashusho atanga ubutumwa, *Ngo n’umwana utarageza igihe cyo kujya mu mashuri y’Incuke hari byinshi yakwigishwa, *I Matyazo, impinja zitozwa gusoma…Ngo banahabwa impamyabumenyi! Abanyarwanda bo hambere ni bo bagize bati ‘Umwana apfa mu iterura’ bagaragaza ko icyo umwana atojwe akiri muto agikurana. Mu murenge wa Matyazo, mu karere ka Ngororero ho abaturage […]Irambuye

Gicumbi: Ku myaka 7 Martha arazwi mu Karere, arota kuzaba

Uwagiwenimana Martha, w’imyaka irindwi (7), yiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza mu Murenge rwa Rushaki, mu Karere ka Gicumbi ari naho avuka. Uretse ubuhanga mu ishuri, ni icyitegererezo mu Karere ka Gicumbi gusoma vuba, ndetse akaba yaranatinyutse kwandika inkuru ze zishimisha abana. Muri uyu mwaka w’amashuri ngo yabaye uwa gatandatu ku mwaka, akaba yitegura […]Irambuye

Gicumbi: Umuryango UMUHUZA uri kubaka umuco wo gusoma mu basaga

Abana n’ababyeyi babo basaga ibihumbi 25, bo mu mirenge irindwi y’Akarere ka Gicumbi ikorerwamo n’Umuryango UMUHUZA barishimira ko gahunda yo gutoza abana n’ababyeyi babo umuco wo gusoma urimo kuzamura imitsindire n’imibereho yabo. Mu nama murikabikorwa yahuje ubuyobozi bw’umuryango UMUHUZA, umuryango “Save the Children” bakorana, n’abayobozi ku nzego zinyuranye bashinzwe uburezi n’imibereho myiza y’abaturage mu Karere […]Irambuye

en_USEnglish