Tags : Theos Badege

ACP T.Badege avuga ko Abanyarwanda batarumva akamaro ko guhanwa

*Ngo nta cyuho kiri mu kwigisha Abanyarwanda amategeko. Buri wese agira inyota yo kumenya itegeko rimureba, *Kwigisha amategeko ngo ni ibintu bigari. Badege avuga ko icya mbere ari ukwigisha amahame y’Ubutabera, *ACP Badege avuga ko inzego z’Ubutabera zasize abaturage ku ireme ry’Ubutabera, *Min. Busingye we ngo buri muntu agirira inyota itegeko runaka bitewe n’ikibazo afite […]Irambuye

Police n’inzego z’ibanze niho hagaragaye ruswa cyane mu 2015 –

*Umuntu umwe kuri batanu babajijwe avuga ko yasabwe ruswa *Ruswa mu Rwanda iri ku gipimo cya 16% *Police n’inzego z’ibanze iri kuri 42% Umuryango mpuzamahanga utagengwa na Leta urwanya ruswa, Transparency International-Rwanda, wamuritse ibyo wabonye mu bushakashatsi ngarukamwaka bwerekana urwego ruswa ihagazeho mu gihugu, muri Police no mu nzego z’ibanze niho yagaragaye kurusha ahandi. Uko […]Irambuye

Mu Rwanda mu mezi 5 ashize ibyaha byagabanutseho 7,5% –

Police y’igihugu kuri uyu wa gatatu yamurikiye itangazamakuru uko igihugu gihagaze mu by’umutekano mu gihugu, umuyobozi w’ishami rya Police rishinzwe gukurikirana ibyaha (CID) ACP Theos Badege yavuze ko muri rusange kuva mu kwezi kwa gatanu kugeza mu kwezi kwa cumi uyu mwaka imibare igaragaza ko ibyaha byagabanutseho 7,5%, naho ibyaha bikomeye bigabanukaho 5,4%. Commissioner of […]Irambuye

en_USEnglish