Kuri uyu wa kane tariki 10 Ukuboza, 2015 mu rukiko rw’ubucuruzi ruherereye mu karere ka Nyarugenge i Nyamirambo, mu rubanza Entreprise de Construction Seburikoko iregamo I&M Bank yahoze ari BCR, Me Rwayitare Janvier uburanira Entreprise Seburikoko yavuze ko atizeye ko Perezida w’Urukiko Emmanuel Kamere wahoze akora muri BCR itaraba I&M Bank yazaruburanisha neza kuko ngo […]Irambuye
Tags : Supreme Court
Urukiko rwisumbuye rwa Muhanga kuri uyu wa gatatu tariki ya 20 Gicurasi, nyuma y’ukwezi ruri mu mwiherero, rwakatiye, Baribwirumuhungu Steven igihano cyo gufungwa burundu no gutanga ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni 34 800 000. Baribwirumuhungu yari akurikiranyweho icyaha cyo kwica abana batanu bo mu muryango umwe na nyina ubabyara. Ubwo Baribwirumuhungu yagaragaraga imbere y’urukiko rwaburanishije […]Irambuye