Tags : Sudani y’epfo

Uko Abakuru b’ibihugu banzuye ku Iterabwoba, u Burundi, Sudani y’Epfo,Libya,…

AUSummit2016 – Mu nama y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma biyemeje kurushaho kwinjira mu bibazo by’umutekano, iterabwoba, ubutabera, n’ibindi binyuranye byugarije Afurika by’umwihariko ibihugu nk’u Burundi, Sudani y’Epfo, Nigeria, Mali, Libya, Somalia n’ibindi. Komiseri mukuru wa Komisiyo y’amahoro n’umutekano mu Muryango wa Afurika yunze Ubumwe Amb. Smail CHERGUI yavuze ko muri […]Irambuye

Loni irasaba Sudani y’epfo kwirinda kuba nk’u Rwanda muri 1994

Mu gihe ibintu bitameze neza muri Sudani y’epfo, kuri uyu wa gatatu  intumwa y’Umuryango w’Abibumbye  I Juba yihanangirije impande zihanganye  ko zigomba guhosha intambara mu maguru mashya kuko uyu muryango utazihanganira  ko Sudani y’epfo yabamo Jenoside nkiyabaye Rwanda. Ibi byatangajwe na Komiseri mukuru w’uburenganzira bwa muntu muri ONU Navi Pillay washyize igitutu ku bahanganye aribo […]Irambuye

en_USEnglish