Tags : Steven Mutangana

FESPAD n’Umuganura bigarutse gufasha Abanyarwanda kwishimira ibyo bagezeho- Min Uwacu

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne yavuze ko imyiteguro y’Iserukiramuco Nyafurika ry’imbyino ‘FESPAD’ igeze kure, ndetse ikaba yarahujwe n’umunsi w’umuganura kugira ngo bifashe Abanyarwanda kwishimira ibyo bagezeho, no gufata ingamba ku biri imbere. Ni ku nshuro ya cyenda(9) u Rwanda rugiye kwizihiza umunsi w’Umuganura, n’Iserukiramuco Nyafurika ry’imbyino (FESPAD) […]Irambuye

Kigali yabaye Umurwa w’u Rwanda kuva mu 1345 si mu

* Umurage w’Abadage ntukamire uw’Abami b’u Rwanda Iyo ukurikiye abavuga uko Kigali, nk’umurwa mukuru, yagiye itera imbere, usanga kenshi bahera ku mateka y’umudage witwa Dr Richard Kandt. Nyamara ibi bishobora kugira ingaruka mu kwibagiza ko Kigali yabaye umurwa mukuru kuva ku ngoma ya Cyirima Rugwe, muri 1345 ! Kigali itarahinduye izina si iyashinzwe n’abakoloni Ubwo […]Irambuye

en_USEnglish