Tags : Spicer

USA: Umunyamabanga ushinzwe itangazamakuru yamaganywe kubera ‘gupfobya Holocaust’

Sean Spicer ni umunyamabanga wa Leta ushinzwe itangazamakuru, yasabye imbabazi nyuma y’amagambo yavuze kuri uyu wa Kabiri ko ‘Hitler atari bukore ikosa ryo kwiyicira abaturage’. Uyu mugabo kandi aravugwaho kuvuga ko ibyumba Abayahudi bicirwagamo hakoreshejwe ibyuka bihumanya bikwiye kwitwa Ibigo bya Holocaust. Ibi byababaje umuryango w’Abayahudi baba muri USA n’ahandi ku Isi bamaganira kure ibyavuzwe […]Irambuye

U Bushinwa bwasabye Trump kutivanga mu bibazo by’amazi y’inyanja bwiyitirira

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bushinwa yabwiye USA ko igomba kwirinda kwivanga mu mitegekere y’u Bushinwa cyane ku byerekeye uko butegeka amazi yitwa South China Sea. Kuri uyu wa Mbere umuvugizi w’Ibiro bya Perezida Donald Trump witwa Sean Spicer yavuze ko USA izabuza u Bushinwa gukoresha igitutu mu kubuza ibindi bihugu bituriye iriya Nyanja kuyikoresha. Ku […]Irambuye

en_USEnglish