Tags : Salomon Nirisarike

Birambabaza cyane kubona umunyarwanda udaha ikizere ikipe y’igihugu cye –

Mbere y’umukino Amavubi akina na Libya kuri uyu wa gatanu mu guhatanira ticket y’igikombe cy’isi cya 2018 mu majonjora y’ibanze, kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi Haruna Niyonzima yatangaje ko bimubabaza cyane iyo abona hari umunyarwanda ukunda igihugu cye ariko udaha ikizere ikipe y’igihugu. Asaba abanyarwanda kugirira ikizere Amavubi kandi uyu munsi bakora ibishoboka byose bakavana intsinzi […]Irambuye

Nirisarike na Rushenguziminega nabo bageze muri Tunisia gukina na Libya

Salomon Nirisarike ukina nka myugariro na rutahizamu Quintin Rushenguziminega  abakinnyi babiri b’ikipe y’igihugu nkuru y’u Rwanda Amavubi baraye bageze i Sousse muri Tunisia, aho basanze bagenzi babo bari kwitegura gukina n’ikipe ya Libya mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’isi cya 2018 kizabera mu Burusiya. Amavubi yahagurukanye i Kigali abakinnyi 21 mu rukerera rwo ku cyumweru yerekereza […]Irambuye

Salomon Nirisarike yongereye amasezerano muri Saint Trond

Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi Salomon Nirisarike yongereye amasezerano y’umwaka umwe mu ikipe ya Saint Trond yo mu kiciro cya kabiri mu Bubiligi nk’uko iyi kipe ibyemeza. Nirisarike nawe yabwiye umunyamakuru w’Umuseke ko koko yasinye amasezerano y’undi mwaka umwe muri iyi kipe yigeze gukinamo abanyarwanda bandi nka Desire Mbonabucyane na Kalisa Claude. Mu mpeshyi y’umwaka ushize […]Irambuye

Nirisarike na Uzamukunda banze kuza mu mukino wo kwishyura Congo

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye uyu munsi kuva saa munani z’amanywa umutoza w’ikipe y’igihugu Stephen Constantine yavuze ko yatumiye myugariro Salomon Nirisarike na rutahizamu Uzamukunda Elias ngo baze gukinira ikipe y’igihugu Amavubi ariko bikarangira bataje ndetse batanavuze impamvu. Uyu mutoza w’umwongereza avuga ko yari yifuje gukoresha aba bakinnyi bombi ariko ko nta n’umwe muri bo wigeze […]Irambuye

Salomon Nirisarike yagiye mu ikipe Mbonabucya yakinagamo

Myugariro mpuzamahanga w’umunyarwanda  Salomon Nirisarike yamaze guhindura ikipe nyuma y’imyaka ibiri ari muri Royal Antwerp mu gihugu cy’Ububiligi mu kiciro cya kabiri,   yerekeza mu ikipe ya Saint-Trond nayo yo mucyiciro cya kabiri. Salomon Nirisarike yasinye amasezerano y’umwaka umwe ushobora kongerwa mu ikipe ya Saint-Trond mu kiciro cya kabiri mu Bubiligi, nk’uko urubuga voetbalbelgie.be rwabitangaje kuri […]Irambuye

en_USEnglish