Tags : Sainte Famille

Abo twanesheje cya gihe ntibatubasha ubu dufite ibikoresho- Brg Gen

Mu mpera z’icyumweru gishize hibutswe Abatutsi biciwe kuri paruwasi yitiriwe Umuryango Mutagatifu (Sainte Famille), kuri Saint Paul no mu nkengero zaho, muri uyu muhango, Brg Gen Denis Rutaha yavuze ko abasize bahekuye u Rwanda bagihirahira guhungabanya umutekano w’u Rwanda batazagera ku migambi yabo mibisha kuko imbaragaza zabatsinze ubu zamaze kwaguka. Mu kiganiro yatanze ku rugamba […]Irambuye

Kwibuka-St. Paul: Uwo muri IBUKA mu magambo akarishye ku bapadiri

*Agira icyo asaba Abasaseridoti, ati “Nta kosa mwaba mukoze mwitandukanyije nabo”, *Yibanze kuri Wenceslas ukekwaho ibyo kuri Ste. Famille, ngo nta kindi yamwita uretse ‘Umusenzi’, *Yabwiye abacitse ku icumu ko ‘baturanye n’abanzi benshi’. Mu muhango wo kwibuka Abatutsi baguye kuri Sainte Famile, kuri Saint Paul n’ahahakikije, ku mugoroba wo kuri uyu wa 17 Kamena, Rugero […]Irambuye

en_USEnglish