Tags : RYAF

Abize ubuhinzi 250 bagiye kwifashishwa kubuvugurura bahereye iwabo

Ni gahunda yo kuvugurura ubuhinzi binyuze mu kubukundisha ababwize bakajya mu muterere bakomokamo gufasha abahinzi baho, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Nsengiyumva Fulgence yavuze ko iyi gahunda igamije kugira ubuhinzi umwuga ukorwa n’ababyize. Kuri uyu wa gatatu nibwo aba barangije Kaminuza mu bifitanye isano n’ubuhinzi ariko ntibahite babona akazi, bakabasha kugira amahirwe yo […]Irambuye

Ibura ry’ibiribwa ngo ni amahirwe ku rubyiruko rukora ubuhinzi- RYAF

*Ntiyemera ko mu Rwanda habaye Inzara…Ngo inzara ni nk’ibyabaye muri Sahara yahoze ituwe, *Umuhinzi-mworozi Nkundimana wabigize umwuga yinjiza asaga miliyoni 2 ku kwezi… Hategekimana Jean Baptiste uyobora ihuriro ry’urubyiruko rukora ubuhinzi n’ubworozi bigamije ubucuruzi (RYAF) avuga ko ibura ry’iribwa rikomeje kuvuga mu bice bitandukanye by’igihugu nk’urubyiruko bataribonamo ikibazo ahubwo ko ari amahirwe yo kugaragaza ubumenyi […]Irambuye

en_USEnglish