Tags : Rwinkwavu Hospital

Abakekwaho uruhare mu rupfu rw’umubyeyi ku Bitaro bya Rwinkwavu barekuwe

Kuri uyu wa kane tariki 26 Ugushyingo, urukiko rw’ibanze rwa Kabarondo mu Karere ka Kayonza rwafashe umwanzuro wo kurekura by’agateganyo abakozi batatu (3) b’ibitaro bya Rwinkwavu bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umubyeyi waguye muri ibyo bitaro nyuma yo kubagwa abyara. Mu kwezi gushize twabagejejeho inkuru ivuga ko kuri Hopital bya Rwinkwavu: Umugore yabazwe abyara hakoreshejwe itoroshi […]Irambuye

Bamwe mu baganga ku bitaro bya Rwinkwavu bahagaritswe

Abaganga b’ababyaza babiri n’umuyobozi ushinzwe ubutegetsi ku bitaro bya Rwinkwavu bahagaritswe ku mirimo yabo bakekwaho imikorere mibi yaba yaragize ingaruka ku murwayi. Ni nyuma y’amakuru y’impfu z’ababyeyi bagera kuri batanu mu gihe cy’amezi atatu ashize bapfuye babyara. Muri aba babyeyi bapfuye umwe muri bo umuryango we urashinja ibitaro uburangare kuko yabazwe abyara umuriro wabura bakamurika […]Irambuye

en_USEnglish