Tags : Rwanda Senate

Ku 7 000 bari bafunze binyuranyije n’itegeko ngo hasigaye ikibazo

*Ngo Gereza ntiyemerewe gufunga udafite icyemezo cy’Umucamanza *Mu myaka ya 2013-2015 hagaragaye ibibazo 227 by’abantu barengeje iminsi 30 y’igifungo cy’agateganyo kigenwa n’Umucamanza. * Mu nzego z’ubutabera ngo ntihashobora gukorerwa iyicarubozo Aganira na Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko, Umutwe wa Sena kuri uyu wa 16 Gashyantare Minisitiri w’Ubutabera […]Irambuye

Urukiko rushobora kwemeza UBUTINGANYI muri Leta zose za USA

Urukiko rw’Ikirenga muri Leta zunze Ubumwe za America kuri uyu wa kabiri rurasuzuma niba Ubutinganyi bwakwemerwa n’amategeko mu gihugu hose. Nyuma y’aho iki kibazo cyari cyasuzumwe mu 2013, Urukiko rw’Ikirenga muri America rurongera gusuzuma ingingo idasanzwe mu gihe cy’amasaha abiri n’igice. Abaturage bahangayikishijwe n’iki kibazo gikomeye kandi giteje impaka mu muryango w’Abanyamerika, amagana y’abashyigikiye buri […]Irambuye

MIFOTRA irakora iki ngo itangwa ry’akazi rinyure bose?

Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Anastase Murekezi uyu munsi yari imbere ya Komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage muri Sena, aho yasobanuye ko Leta yashyizeho ingamba nyinshi zo kunoza itangwa ry’akazi no gucunga abakozi bayo. Ni nyuma y’ibyagaragajwe bikemanga imitangirwe y’akazi n’imikorere y’abakozi ba Leta. Iyi komisiyo yatumiye Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu […]Irambuye

en_USEnglish