Cleophas Barore umunyamakuru w’inararibonye ndetse ubu akaba umuyobozi w’agateganyo w’urwego rw’abanyamakuru bigenzura, RMC, avuga ko akunda gukurikirana ubutumwa bw’indirimbo z’umuhanzi Amag The Black. Barore yabwiye Radio Isango Star ko akunda kumva ubutumwa bwo mu ndirimbo z’umuraperi AmaG the Black kuko ngo avuga ku buzima busanzwe bwa buri munsi. Barore avuga ko abahanzi bakwiye kumenya uruhare bafite ku […]Irambuye
Tags : Rwanda Media Commission
Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC) kuri uyu wa gatanu rwari kumva Sandra Teta umunyamideri uvuga ko yasebejwe bikomeye mu nkuru y’ikinyamakuru Igihe.com, ndetse rukumva ibyo iki kinyamakuru kibivugaho, hagamijwe kubunga cyangwa guhana byo mu mwuga uwakosheje. Ibi ntibyabaye kuko umuyobozi w’iki kinyamakuru yanze umwe mu bakomiseri b’uru rwego wari mu bari kumva impande zombi. Teta Sandra […]Irambuye
Updated, 13/05/2015 10h00 a.m: Abicishije kuri Twitter, Fred Muvunyi yatangaje ko yeguye ku mirimo y’ubuyobozi bw’Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura (Rwanda Media Commission, RMC). Ntabwo yatangaje impamvu z’ubwegure bwe. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 13 Gicurasi ikigo RMC cyatangaje ko koko Muvunyi yabamenyesheje ubwegure bwe akaba yabaye asibmuwe by’agateganyo na Cleophas Barore wari umwungirije. Fred Muvunyi […]Irambuye
Urwego rw’abanyamakuru bigenzura (RMC) kuri uyu wa 27 Mutarama 2015 rwanenze Rwanda Inspiration Back Up yahawe imirimo yo gutegura itorwa rya Miss Rwanda 2015 ku guheza abanyamakuru mu itorwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2015 aho aho abemerewe gutara amakuru y’ibazwa ry’abarushanwa ari ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru(RBA) gusa. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu kabiri, Fred Muvunyi umuyobozi […]Irambuye