Tags : Rwanda Capital Market

Ku Isoko ry’Imari n’imigabane hacurujwe imigabane ya BK y’amafrw 25,000

Kuri uyu wa mbere Isoko ry’Imari n’imigabane ntabwo ryitabiriwe cyane, hacurujwe imigabane 100 ya Banki ya Kigali (BK) gusa, fite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 25,000. Iyi migabane yagurishijwe muri ‘deal’ imwe, ku mafaranga 250 ku mugabane ari nacyo giciro wariho kuwa gatanu w’icyumweru gishize. Kimwe na BK, ibiciro by’imigabane y’ibigo biri ku isoko ry’imari n’imigabane […]Irambuye

IGITEKEREZO: Hakorwe iki kugira ngo Abanyarwanda bitabire isoko ry’imari n’imigabane?

Iyi nkuru ni igitekerezo cya NIYIZIBYOSE JEAN CONFIDENT IRÉNÉE atuye mu karere ka Karongi. [email protected]   Mu minsi ishize U Rwanda rwakiriye inama yigaga ku iterambere ry’ibigo by’imari n’imigabane ku mugabane wa Africa gusa haracyari imbogamizi y’uko ubwitabire bukiri hasi. Ndatekereza ibintu bitatu byakorwa kugira ngo ubwitabire bw’abagura imigabane ku isoko ry’imari n’imigabane bwiyongere. 1.Guhemba […]Irambuye

U Rwanda ruraca inzira rwanyuramo rukabona amafaranga atarimo amananiza

Kuwa kabiri w’icyumweru gishize, tariki ya 7 Nyakanga 2015, ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Amb. Gatete Claver yagezaga ku Nteko Nshingamategeko, umutwe w’abadepite uko u Rwanda ruhagaze mu kwesa imihigo ya MDGs, yavuze ko kugira isoko ry’imari n’imigabane rikomeye byafasha kwibonera amafaranga atarimo inzitizi za politiki. Amb. Gatete yabwiye abadepite ibi, ubwo byagaragaraga ko muri bimwe […]Irambuye

en_USEnglish