Tags : Ruyenzi

Menya Ruyenzi n’uduce 4 tuyigize, ubu hagezweho Bishenyi

Francois Bizimana yemeza ko ari we mufundi wzamuye inzu igezweho muri Centre ya Ruyenzi, icyo gihe muri 2007 ngo akazi karabonekaga ariko ubu ngo karagabanutse. Ruyenzi igizwe n’uduce tune, Nyagacaca, Rugazi, Rubumba na Bishenyi. Uruyenzi ni ryo zina abahakomoka bakunda ku hita, ni mu ntera itari ndende uvuye mu Mujyi wa Kigali ugana yo. Ni […]Irambuye

Ku Ruyenzi hari aho amazi n’amashanyarazi bitaragera

Uwizeye Diogene ni kavukire wo ku Ruyenzi, agace gatera imbere cyane mu bijyanye n’inyubako muri iyi minsi, gahereye mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi. Avuga ko hari uduce tw’inkengero za Centre ya Ruyenzi tukibangamiwe no kuba mu icuraburindi ryo kutagira amazi meza n’amashanyarazi, ndetse ngo abaturage baho ntibimerewe kugurisha ubutaka kuko ngo aho […]Irambuye

Ruyenzi: Mu gihe cy’imyaka 8 igiciro cy’ubutaka kikubye inshuro hagati

*Ruyenzi abenshi bahajya kuko hegereye Kigali, *Hari abahatuye babyaje umusaruro iterambere ryazanywe n’abimukiira Ruyenzi ni agace kari hakurya y’umugezi wa Nyabarongo ugabanya akarere ka Kamonyi n’Umujyi wa Kigali, abahatuye bavuga ko iterambere ryazanywe n’abimukiira ryatumye ubutaka buhenda cyane kugera aho igiciro cyikubye inshuro 60 ni ukuvuga 6 000% kugera ku 120 mu gihe cy’imyaka umunani […]Irambuye

en_USEnglish