Tags : Rutayisire Gervais

Mzee Rutayisire YITABYE IMANA

Ruhango – Nyuma y’amasaha 48 abwiye umunyamakuru w’Umuseke ko ari mu minsi ye umukambwe Rutayisire Gervais yatabarutse ku myaka 92 mu rukerera rwo kuri uyu wa 01 Gicurasi 2015. Mbere y’uko atabaruka yari yabwiye Umuseke ko azagenda yishimye kubera uko asize u Rwanda. Uyu musaza yamenyekanye kubera kwifuza kubonana na Perezida Kagame, uyu akamutumira iwe […]Irambuye

Mzee Rutayisire wasuye Perezida Kagame, ari mu minsi ya nyuma

Ati “Izabukuru ni umwanzi, urabona ko ndi mu minsi ya nyuma. Ariko ngiye neza kuko nsize igihugu kiza, igihugu kiyobowe neza mu myaka yose nakibayemo. Ndishimye.” Gervais Rutayisire utuye mu murenge wa Bweramana mu karere ka Ruhango yakabije inzozi ze, mu kwezi kwa gatanu 2013 yabwiye umunyamakuru w’Umuseke mu Ruhango ko natabaruka atabonanye na Perezida […]Irambuye

Muzehe Rutayisire yaba ari kwitegura umushyitsi ukomeye!

Umunyamakuru w’Umuseke mu karere ka Ruhango yitambukira mu murenge wa Bweramana yabonye impinduka zikomeye ku rugo rwo kwa muzehe Rutayisire wamenyakanye ubwo yifuzaga ndetse akaza kubasha kwibonanira n’umukuru w’igihugu Paul Kagame. Inzu yo mu cyaro itaririmo isima (ciment) y’amadirishya n’inzugi by’imbaho niyo umusaza Rutayisire Gerivasi yabanagamo n’umugore we wa kabiri, umukobwa we muto na bamwe […]Irambuye

en_USEnglish