Tags : Rugege

Unteye mfite imbunda mu rwego rwo kwitabara nakurasa – Mugesera

*Mugesera yavuze ko atahamagariye abantu kwica abandi ku busa Mu rubanza rwa Leon Mugesera ukurikiranyweho kugira uruhare kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, rwakomeje kuri uyu wa kabiri avuga ku mutangabuhamya Hategekimana Idi. Mugesera yamugaragaje nk’uwaranzwe no kuvuga amabwire. Mugesera  yavuze ko kuba Hategekimana yaravuze ko atewe yatabaza, ngo ni ko we abyumva, naho Mugesera we ngo yumva umuntu […]Irambuye

Imanza za Jenoside zahawe umwanya wa mbere mu kuburanishwa- Prof

Mu muhango wo kwibuka abahoze bakoreraga inzego zo hjuru z’ubutabera bw’u Rwanda bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata- Nyakanga 1994, wabaye kuri uyu wa Gatanu  ku cyicaro cy’Urukiko rw’Ikirenga ku Kimihurura, Prof Sam Rugege yabwiye abari aho ko imanza z’abakoze Jenoside zihawe umwanya wa mbere mu kuburanishwa kuko Jenoside ari icyaha kiruta ibindi byakorewe ikiremwamuntu. […]Irambuye

en_USEnglish