Tags : RPPA

Ruswa irigaragaza muri Vets Complex ya Nyagatare Campus – Hon

Abadepite ntibashira amakenga imigendekere y’isoko rya miyari 3,7 ryo kubaka inyubako y’abavuzi b’amatungo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare aho Kaminuza y’u Rwanda yishyuye rwiyemezamirimo miliyoni 972 nta kazi bigaragara ko yakoze. Ikibazo cy’iyi nyubako yiswe Veterinary Complex (Inyubako igenewe Abavuzi b’amatungo) yahombeje Kaminuza y’u Rwanda amafaranga asaga miliyoni 972, ni kimwe mu bindi […]Irambuye

Ruswa mu masoko ya Leta ngo igiye kugabanywa no kuyatanga

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imitangire y’amasoko ya Leta, RPPA kiravuga ko uburyo bushya bwo gutanga amasoko hakoreshejwe ikoranabuhanga buzatangira gukoreshwa mu mwaka utaha, buzaba umuti w’ikibazo cya ruswa n’amanyanga byagaragaragamo nubwo ngo itazacika burundu 100%. Ubu buryo bwo gutanga amasoko hakoreshenjwe ikoranabuhanga ngo buzakemura ibibazo byinshi birimo na ruswa n’amanyanga ajyanye no guhimba impapuro zijyana n’itangwa […]Irambuye

Ikoranabuhanga rizihutisha gutanga amasoko ya Leta na ruswa igabanuke –

Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe gutunganya masoko ya Leta (RPPA) kuri uyu wa 26 Gicurasi bwagiranye bwasobanuriye abanyamakuru akamaro ikoranabuhanga rizagira mu itangwa ry’amasoko, bakaba bizeye ko rizagabanya igihe na Ruswa yajyaga ivugwa mu itangwa ry’amasoko ya Leta. Bikunze kuvugwa kenshi ko mu itangwa ry’amasoko ya Leta hagaragaramo ruswa ndetse n’ikimenyane. Ikigo gishinzwe gutunganya masoko ya Leta […]Irambuye

Rubavu: Abavugwaho kugurisha isoko bakatiwe iminsi 30

Mu rubanza rw’ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, urukiko rwa Rubavu kuri uyu wa gatanu rwanzuye ko abantu 7 bavugwa mu kugurisha isoko rya Gisenyi bafungwa by’agateganyo iminsi 30 mu rwego rwo kuba batatoroka cyangwa bakaba basibanganaya ibimenyetso igihe baba bafunguwe. Urukiko rwasubiye mu byo aba bantu barengwa n’Ubushinjacyaha ko birengagije nkana amategeko agenga itangwa ry’amasoko mu Rwanda […]Irambuye

en_USEnglish