Tags : RPA

Turebe mu gitabo ‘Ubutwari, kwibohora ingaruka z’ibihe by‘amage mu Rwanda

Muri iki cyumweru turi gusoza Abanyarwanda bizihije isabukuru y’imyaka 23 ishize u Rwanda rwibohoye. Umwanditsi w’ibitabo Nshutiyimana Abraham Braddock le sage (RWAGASANI) yamuritse igitabo yise “Ubutwari, kwibohora ingaruka z’ibihe by’amage mu Rwanda, 1894-1994” kigaruka ku mateka y’u Rwanda n’amage yagiye arutsikamira ariko hakabaho intwari zagiye zemera kugira ibyo zihara kugira ngo igihugu gisugire. Uyu mwanditsi […]Irambuye

Muhanga: Kwibohora gusigaye ni ukwivana mu bukene

Ubwo hizihizwaga umunsi ngarukamwaka wo Kwibohora ku nshuro ya 23 abawitabiriye babanje kunyuzaho imikino itandukanye igaragaza uko bishimiye imiyoborere myiza, Umuyobozi w’Akarere wungirije yabwiye abari aho ko badakwiye kwirara kuko hakiri urugendo rurerure rwo kuva mu bukene. Uyu muhango wo kwizihiza umunsi wo Kwibohora abatuye mu mujyi wa Muhanga bafashe umwanya munini bavuga ko  hari […]Irambuye

en_USEnglish