Tags : Rose Mukankomeje

Umuyobozi wa REMA Dr Rose Mukankomeje arafunze

Dr Rose Mukankomeje umuyobozi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije mu Rwanda afunzwe na Police kuri station ya Police ya Kicukiro akurikiranyweho gushaka gusibanganya ibimenyetso bigenza ibyaha ku bari abayobozi b’Akarere ka Rutsiro nabo bari gukurikiranwa ku inyerezwa ry’amafaranga mu kubaka Hotel y’Akarere. ACP Celestin Twahirwa yabwiye Umuseke ko Dr Mukankomeje mu byo akurikiranyweho harimo kumena […]Irambuye

Dr Mukankomeje, Gen Ibingira na Dr Biruta bari kureba uko

Dr Vincent Biruta Minisitiri w’umutungo kamere, Dr Rose Mukankomeje umuyobozi w’ikigo REMA gishinzwe kubungabunga ibidukikike na Lt Gen Fred Ibingira Umugaba w’ingabo z’Inkeragutabara kuri uyu wa gatatu ahagana saa yine z’amanywa bageze i Karongi n’ubwato bavuye i Rubavu aho bari mu ruzinduko rwo kureba uko ibiyaga bya Kivu na Karago bibungabunzwe. Ikiyaga cya Karago (giherereye […]Irambuye

REMA irasaba ko abacuruza firigo barangura izuzuje ubuziranenge

Kuri uyu wa gatatu tariki 11 Kamena 2014 haratangwa amahugurwa agamije kubangabunga ibidukije akaba yibanda ku bikoresho byifashishwa cyane nk’imashini zikonjesha ibyo kunywa no kurya kuko akenshi zikoresha gazi yangiza umwuka abantu bahumeka. Mu mahugurwa abacuruzi batunzwe agatoki ku kuba barangura firigo zitujuje ubuziranenge. Abahuguwe kandi babwiwe ko inzu zakagombye kugira ibyuma bitanga umwuka mwiza (air […]Irambuye

en_USEnglish