Tags : Ron Weiss

Ikibazo cy’amashanyarazi i Musanze,Nyabihu na Rubavu kirakemuka mu byumweru 2

Mu turere twa Musanze, Nyabihu na Rubavu hashize igihe abahatuye binubira ibura ry’umuriro rya hato na hato bikabateza igihombo mu kazi n’ibikoresho bimwe bikangirika. Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu, REG, buravuga ko icyo kibazo bwamenye impamvu zacyo kandi ko ari iminsi mike bigakemuka. Umuyobozi mu kigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi,  mu ishami  rishinzwe guteza […]Irambuye

REG ifite umuyobozi mushya. Mugiraneza yasimbuwe na Weiss

Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko Jean Bosco Mugiraneza atakiri umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ingufu, Rwanda Energy Group (REG). Umuyobozi mushya witwa Ron Weiss akaba asa n’uwatangiye uyu munsi. Inzego zishinzwe gutangaza amakuru muri iki kigo zabwiye Umuseke ko zitaramenya iby’aya makuru. Kuri uyu wa gatatu ariko amakuru agera k’Umuseke aremeza ko uyu muyobozi mushya yeretswe […]Irambuye

REG yasinye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo nk’iki cyo muri Israel

Ikigo cy’igihugu cy’ingufu, REG kuri uyu wa kane cyasinye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo gikora imirimo nk’iyi cya Israel kitwa Israel Electric Corporation Ltd (IEC). Aya masezerano ashingiye ku gufasha REG mu buryo butandukanye kongera amashanyarazi mu Rwanda. Ron Weiss umuyobozi wungirije w’iki kigo cyo muri Israel ushinzwe ibya ‘engineering’  yatangaje ko mu gufasha ikigo cya REG […]Irambuye

en_USEnglish