Tags : Primus

Bralirwa yatangiye poromosiyo “Bakongere” irimo ibihembo bitandukanye

*Poromosiyo izamara amezi ane, ibihembo nyamukuru ni imodoka n’inzu. *Bisaba kugura Primus nini ya 800 cyangwa ‘Knowless’ ya 600 ugatombora kimwe muri ibyo. Kuri uyu wa gatanu kw’isoko rya Kimironko, mu Karere ka Gasabo uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye ‘Bralirwa’ rwafunguye ku mugaragaro Promosiyo nshya yiswe ‘Bakonge’ ibicishije mu kinyobwa cyayo gikunzwe cyane mu Rwanda […]Irambuye

Bralirwa yazanye Primus mu isura nshya “Ibihe Byacu, Inzoga Yacu”

Uruganda ruri ku isonga mu kwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye ‘Bralirwa’ yazanye Primus mu isura nshya ijyanye n’igihe. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, Bralirwa yavuze ko inejejwe no kugeza ku bakunzi ba Primus, iki kinyobwa mu isura nshya ijyanye n’igihekigezweho. Iyi Primus mu isura nshya igamije kwereka abakunzi bayo ko iri kumwe nabo mu buzima bwa buri […]Irambuye

en_USEnglish