Digiqole ad

Bralirwa yazanye Primus mu isura nshya “Ibihe Byacu, Inzoga Yacu”

 Bralirwa yazanye Primus mu isura nshya “Ibihe Byacu, Inzoga Yacu”

Primus inzoga yengerwa mu Rwanda

Uruganda ruri ku isonga mu kwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye ‘Bralirwa’ yazanye Primus mu isura nshya ijyanye n’igihe.

Primus inzoga yengerwa mu Rwanda
Primus inzoga yengerwa mu Rwanda

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru, Bralirwa yavuze ko inejejwe no kugeza ku bakunzi ba Primus, iki kinyobwa mu isura nshya ijyanye n’igihekigezweho.

Iyi Primus mu isura nshya igamije kwereka abakunzi bayo ko iri kumwe nabo mu buzima bwa buri munsi no mu iterambere bagenda bageraho.

Bralirwa irizeza abakunzi ba Primus ko ikinyobwa cyabo bakunda mu isura nshya kitahinduriwe uburyohe kandi n’igiciro kikiri cyakindi.

Iyi Primus mu isura nshya ‘Ibihe Byacu, Inzoga Yacu (Our Time, Our Beer)’ yamuritswe ku itariki 04 Kamena 2016, imbere y’abakunzi ba Primus Guma Guma Superstar VI barenga ibihumbi 50.

UM– USEKE.RW

2 Comments

  • Ntacyo bakoze niba batorayongereye uburyohe.

  • So?

Comments are closed.

en_USEnglish