Tags : Patrick Nyamitali

Mu rugo kwa Patrick Nyamitali

Patrick Nyamitali ni umwe mu bahanzi b’abanyarwanda benshi bemeza ko ari umuhanga, ari no mu bahanzi nyarwanda bitabiriye irushanwa rya Tusker Project Fame session 6 ubwo ryabaga, Umuseke waramusuye iwe mu rugo ndetse agira byinshi avuga ku buzima bwe bwa buri munsi. Iwe mu rugo mbere na mbere iyo abyutse arabanza agasenga Imana ayishimira kuba […]Irambuye

“Kwiyumva mu ndirimbo ya Danny byanteye kwitekerezaho”- Nyamitali

Patrick Nyamitali umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bazwiho ubuhanga mu kuririmba, avuga ko kuba yiyumva mu ndirimbo ya Danny Nanone yise “Forever” bimutera kwitekerezaho cyane. Impamvu ngo yaba ituma Patrick Nyamitali yitekerezaho cyane iyo yumva nk’umuhanzi mugenzi we ukomeye amuririmba mu ndirimbo, ni uko bimwereka ko hari impano afite muri we adakoresha uko bikwiye. Patrick Nyamitali yabwiye […]Irambuye

“Mu byo Imana yaremye harimo n’urukundo rwa babiri”- P. Nyamitali

Patrick Nyamitali umwe mu bahanzi b’abanyarwanda bazwiho ubuhanga mu kuririmba, akaba aherutse mu irushanwa rya Tusker Project Fame session 6, atangaza ko ubu amaze gusobanukirwa icyo ashaka nk’umuhanzi. Hashize igihe bivugwa ko Nyamitali yavuye mu guhanga indirimbo zihimbaza Imana (Gospel) ajya mu ndirimbo zivuga ku buzima busanzwe ndetse n’urukundo. Patrick Nyamitali avuga ko amaze kumenya ko mu […]Irambuye

en_USEnglish