Tags : OTAN

Iran n’UBurusiya byaburiye USA ko bashobora kujya mu ntambara yeruye

UBurusiya na Iran byasohoye itangazo bihuriyeho biburira America ko byiteguye kujya mu rugamba rweruye igihe yakongera kurasa  missiles ku ngabo za Syria ikoresheje indege. Ibi bihugu bivuga ko USA yamaze ‘kurenga umurongo utukura’ bityo ko bitazakomeza kurebera. Kuba America yakomeza kurasa muri Syria ikoresheje missile ni ikintu ubutegetsi bwa Putin na Rouhanni budashobora gukomeza kwihanganira. Daily […]Irambuye

USA ya Trump ishobora kuva muri OTAN igakorana na UK

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Theresa May niwe muyobozi wa mbere ku isi wageze muri USA kuganira na Perezida mushya Donald Trump, barareba uko umubano w’ibihugu byabo usanzwe wihariye wakongera kugira imbaraga nyinshi. Uruzinduko rwa May ngo rugamije kureba uko ibihugu byombi byakorana bya hafi mu bukungu no mu bya gisirikare. Ni nyuma y’uko mu ntangiriro […]Irambuye

en_USEnglish