Tags : Omar al-Bashir

Perezida Abbas wa Palestine, Al Bashir na Kabila wa RDC,…nabo

UPDATE: Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, abayobozi b’ibihugu binyuranye bakomeje kugera mu Rwanda, aho baje kwitabira inama ya 27 y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe izasoza kuwa mbere tariki 18 Nyakanga. Kugera ku masaha ya nijoro cyane abakuru b’ibihugu na za Guverinoma baracyagera mu Rwanda, Jorge Carlos Fonseca wa Cape Verde nawe yamaze kuhagera. […]Irambuye

Omar al-Bashir azaza mu Rwanda muri AU-Summit

Perezida Omar al-Bashir wa Sudan kuwa gatandatu ngo nawe azaza mu Rwanda kwitabira imirimo y’inama ya 27 y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe ubwo ikiciro cy’abakuru b’ibihugu kizaba kigezweho nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru SudanTribune. Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC)  mu 2007 rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Perezida Al-Bashir, we na Guverineri w’Intara ya Kordofan witwa Ahmed Haroun […]Irambuye

en_USEnglish