Tags : Nzamwita de Gaule

Inama rusange ya Rayon Sports isubitswe kabiri izaba ku cyumweru

*Muri iyi nama Ubuyobozi bwa Komite y’abanyamuryango bushobora guhinduka cyangwa bukagumaho. Mu kiganiro Umuseke wagiranye n’umuvugizi w’umuryango wa Rayon Sports Longin Nkundimana yavuze ko noneho kuri iki cyumweru hari inama rusange y’uwo muryango. Iyi nama imaze gusubikwa ubugira kabiri. Ati “Twakoze inama turabyemeza n’abanyamuryango, inama izabera kuri Alpha Palace saa yine  za mu gitondo (10h00 […]Irambuye

Amavubi U-23 yanganyije na Somalia 1-1 hazakurikiraho Uganda

Mu mukino wo kwishyura mu irushanwa ry’abatarengeje imyaka 23, Ikipe y’igihugu Amavubi, yaraye inganyije n’iya Somalia 1-1, gusa u Rwanda rwari rwatsinze umukino ubanza i Kigali 2-0 ruzakina umukino ukurikiraho na Uganda U-23. Uyu mukino w’u Rwanda na Somalia wari uteganyijwe kubera mu gihugu cya Kenya, ariko bizaguhinduka kuko Kenya yagaragaje impamvu z’umutekano ukinirwa mu […]Irambuye

Amafoto 50 waba utarabonye ubwo Amavubi yatsindaga Congo

Kuwa gatandatu tariki 02 Kanama ikipe y’u Rwanda yasezereye iya Congo Brazzaville mu kiciro cya nyuma cy’ijonjora. Amavubi yahise yinjira mu matsinda ari nayo azavamo amakipe 15 azajya mu gikombe cya Africa cya 2015 muri Maroc. Ufana Amavubi wese yahise yongera kwibuka ‘ambiance’ ya 2004 Amavubi ajya muri CAN. Aya ni amwe mu mafoto ushobora […]Irambuye

Umukuru w’Abafana ba Rayon yitabye Komisiyo y’ubujurire ya FERWAFA

Kuri uyu wa 05 Kamena 2014 nibwo Claude Muhawenimana umuyobozi w’abafana b’ikipe ya Rayon Sports yitabye Akanama gashinzwe ubujurire muri FERWAFA ku myitwarire ye n’ibyo yashinjwe ku mukino wahuje ikipe ya Rayon Sports na AS Kigali zikanganya Rayon ikahatakariza amahirwe yo gutwara igikombe, uyu mukino wakurikiwe n’imirwano ku kibuga. Muhawenimana yari yafatiwe ibihano na FERWAFA […]Irambuye

en_USEnglish