Tags : Nyarubuye

Senderi n’urubyiruko 30 rwo muri Nyarubuye basohoye indirimbo yo kwibuka

Indirimbo yise ‘Turiho’,  Senderi yayikoranye n’urubyiruko 30 ruvuka mu murenge wa Nyarubuye, Kirehe buri wese ngo afite amasogonda 55 avuga incamake y’amateka ye aho muri Kiliziya ya Nyarubuye benshi biciwe, bake baharokokera. Senderi ati “Twayikoze kugira ngo dufashe abakiri bato n’abakuru kugira ngo bafatanye kwibuka ibyabaye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri rusange no […]Irambuye

i Fumbwe umuturage ngo ntarya ifi kandi aturiye Muhazi

*Ibishanga byororerwamo inka ngobyatumye abaturage babura imboga *Guturana na Kigali ngo bituma amafi yose ariho ajyanwa bo ntibarye ifi Ni ku munsi w’Umuganda, tariki ya 27 Kanama Umuseke waganiriye n’abaturage bo mu kagari ka Nyarubuye, mu murenge wa Fumbwe ho mu Buganza bwegamiye u Rukaryi mu karere ka Rwamagana, ngo babona intungamubiri z’ibikomoka ku matungo […]Irambuye

Genocide: Nizeyimana wasigaye wenyine abagiraneza bamuhaye moto

Mu 2014 ubwo u Rwanda rwibukaga Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 20, Umuseke wegeranyije inkuru 20 zidasanzwe z’abantu 20 barokotse bonyine mu miryango (mu rugo) yabo, harimo Celestin Nizeyimana warokokeye mu mwobo w’ikinyogote. Jenoside yatumye asigara atishoboye kandi ahungabanye, icyo gihe yabwiye ariko Umuseke ko abonye moto ubuzima bwe bwagira icyerekezo kuko yari atunzwe […]Irambuye

Nizeyimana yasigaye wenyine nyuma yo kwihisha mu mwobo n’ibinyogote

Nizeyimana Celestin atuye i Nyarubuye mu karere ka Kirehe i Burasirazuba, yasigaye wenyine mu muryango w’abantu icyenda (9) abana barindwi n’ababyeyi babiri. Yabshije kwihisha mu mwobo w’ibinyogote bimutera amahwa ariko arihangana agumana mo nabyo kugeza Inkotanyi zimugezeho. Jenoside yabaye ari umwana w’umusore w’imyaka 15,  yari umwana wa ba nyakwigendera  Kayinamura Theresphore na Kasirani Tatiana bari […]Irambuye

en_USEnglish