Tags : Nile River

Burya u Rwanda ni rwiza…dutemberane imisozi ya Rubavu na Rutsiro

Hari Abanyarwanda n’abanyamahanga batekereza ko ubukerarugendo mu Rwanda ari ubwo kureba ingagi mu birunga, inzu ndangamurage, Parike nk’Akagera cyangwa Canopy way mu ishyamba rya Nyungwe, nyamara hari ibindi bice nyaburanga bigaragara hirya no hino mu Rwanda wasura kandi ukanezerwa cyane. Uyu munsi dutemberane mu rugendo rw’ibilometero 103, ruhaguruka mu Mujyi wa Gisenyi mu Karere ka […]Irambuye

Muhanga: u Rwanda rurarwanya isuri yangiza imigezi ijya muri Victoria

Mu mahugurwa y’iminsi itatu yahuje abashinzwe ubuhinzi mu mirenge n’uturere 10 two mu gihugu ndetse n’abakozi b’umushinga w’ikigo cyita ku bidukikije, MUHAYIMANA Anet Sylvie Umuhuzabikorwa w’uyu mushinga, avuga ko u Rwanda ruhangayikishijwe no kurwanya isuri yangiza imigezi ifite aho ihurira n’ikiyaga cya Victoria. Aya mahugurwa yahuje izi nzego ari kubera mu karere ka Muhanga agamije […]Irambuye

en_USEnglish