Tags : Ndayisenga Valens

Biracyagoye, ariko 96% namaze gutwara Tour du Rwanda 2016- Ndayisenga

Tour du Rwanda 2016 iri kugana ku musozo. Amahirwe menshi yo kwegukana iri rushanwa ry’amagare arahabwa Umunyarwanda Valens Ndayisenga, utsinze etape ya gatandatu (6). Umukurikiye aramurusha amasegonda 42 gusa. Uyu munyarwanda avuga ko afite ikizere kigera kuri 96% cyo kwegukana Tour du Rwanda 2016. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 19 Ugushyingo, hakinwaga etape ya gatandatu […]Irambuye

Abanyamagare bavanye iki muri shampionat y’Isi?

Mu ijoro rishyira iya 1 Ukwakira 2014,  abasore bakina umukino wo gusiganwa ku magare Ndayisenga Valens w’imyaka 20, Uwizeyimana Bonavanture w’imyaka 21 na Nsengimana Jean Bosco w’imyaka 22 baraye bageze i Kigali bavuye muri Shampionat y’isi yaberaga muri Espagne, u Rwanda rwari mu bihugu 69 byitabiriye iri rushanwa, rukaba mu bihugu bibiri gusa byo munsi y’ubutayu bwa […]Irambuye

en_USEnglish