Tags : NCC Rwanda

Kuki umubyeyi yategereza kwita ku mwana ari uko ubuzima bwe

Abana benshi bafite ubuzima bubi, impamvu nyamukuru ni ababyeyi badakurikirana ubuzima bw’abana umunsi ku munsi maze bakazatakaza akayabo k’amafaranga babavuza. Rimwe na rimwe abana bakaba bafatwa n’indwara zikanabahitana. Family Watching TV yo mu Bwongereza yatangaje ko umwana umwe (1) muri batanu (5) ku Isi afite ibibazo by’ubuzima cyane cyane imirire mibi. Ahanini bigaterwa n’ababyeyi badakurikiranira […]Irambuye

Uburenganzira bw’umwana bwa mbere ni ukugira umubyeyi – Uwihoreye

*Kutagira umutima, ubushobozi buke, kwikunda no kubanza gushishoza abo guha abana nibyo bitama abana bose batajya mu miryango. Mu nama mpuzamahanga nyunguranabitekerezo ku burenganzira bw’umwana yabereye i Kigali kuri uyu wa kabiri, Umuyobozi w’Umuryango Uyisenga ni Imanzi avuga ko kugira umubyeyi ari ishingiro ry’ubundi burenganzira bw’umwana, kandi ngo kubanza gushishoza uwo guha umwana, kutagira umutima, […]Irambuye

England: Imyitwarire y’abana b’abakobwa kuri Internet iteye inkeke

Icyegeranyo cyakozwe cyagaragaje ko abana bari munsi y’imyaka 10 mu Bwongereza, bashyira kuri Internet amafoto y’urukozasoni abagaragaza bambaye ubusa, ahanini ayo mafoto bayafatisha camera ntoya bari ku buriri ngo baba bashaka kwiyerekana. Aba bana ngo bashuka n’abantu bakuru bareba filimi z’urukozasoni kuri Internet, ariko ngo bo ntibaba bazi ko amafoto cyangwa amashusho yabo yagwa mu […]Irambuye

en_USEnglish