Tags : Mukandasira

Rubavu: Ikiraro cyubatswe kuri Sebeya ntikivugwaho rumwe

*Iki kiraro cyubatswe ku mugezi wa Sebeya mu murenge wa Kanama, *Cyubatswe ku bufatanye n’akarere ka Rubavu na Kompanyi ya OTP, *Bamwe mu baturage bavuga ko cyabakuye mu bwigunge abandi bakavuga ko OTP ariyo yungutse, *OTP n’ ubuyobozi bemeza ko cyubatswe mu nyungu rusange. Ikiraro cyubatswe ku mugezi wa Sebeya mu murenge wa Kanama gihuza […]Irambuye

Rubavu: Abikorera bagiye muri Rwanda Day bungutse byinshi

Nyuma yo kwitabira ihuriro ry’Abanyarwanda baba hanze y’igihugu bahura na Perezida wa Repubulika bakaganira (Rwanda Day), mu gihugu cy’U Buholandi mu ntangiriro z’Ukwakira, abikorera bo mu karere ka Rubavu bagejeje kuri bagenzi babo ibyo bungutse, biyemeza gukorera hamwe no gukomeza gufatanya n’akarere mu iterambere ry’igihugu. Ubwo aba bikorera bitabiriye Rwanda Day bagezaga kuri bagenzi babo […]Irambuye

en_USEnglish