Tags : Minhealth

Kuki umubyeyi yategereza kwita ku mwana ari uko ubuzima bwe

Abana benshi bafite ubuzima bubi, impamvu nyamukuru ni ababyeyi badakurikirana ubuzima bw’abana umunsi ku munsi maze bakazatakaza akayabo k’amafaranga babavuza. Rimwe na rimwe abana bakaba bafatwa n’indwara zikanabahitana. Family Watching TV yo mu Bwongereza yatangaje ko umwana umwe (1) muri batanu (5) ku Isi afite ibibazo by’ubuzima cyane cyane imirire mibi. Ahanini bigaterwa n’ababyeyi badakurikiranira […]Irambuye

Nyamagabe: Ambulance y’ibitaro bya Kigeme yahiye irakongoka

Mu masaha y’ikigoroba kuri uyu wa mbere tariki 15 Kanama 2016, imodoka y’imbangukiragutabara (ambulance) y’ibitaro bya Kigeme biherereye mu Majyepfo y’u Rwanda mu Karere ka Nyamagabe yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka. Mugisha Philbert, Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe yatangarije Umuseke ko iyi impanuka y’imodoka y’imbangukiragutabara y’ibitaro bya Kigeme yebereye mu kagari ka Bwama, mu mudugudu wa […]Irambuye

Gukora imibonano mpuzabitsina mu gihe cy’imihango bifite ibyiza n’ibibi

Urubuga rwa Internet rwandika inkuru z’ubuzima Doctissimo.com rwandika ko n’ubwo mu gihe cy’imihango abagore bamwe bababara abandi na bo bakagubwa nabi mu buryo butandukanye nko kugira iseseme, gucika umugongo, kubabara umutwe cyangwa mu kiziba cy’inda, kugira umushiha, abandi bo ngo biba ntacyo bibabwiye ku buryo gukora imibonano muro icyo gihe babifata nk’ibisanzwe. Abantu benshi usanga […]Irambuye

en_USEnglish