Tags : Meteo Rwanda

Uyu muhindo imvura izaba nke. Imvura y’abahinzi ngo ntiragwa

*Abahinzi ngo babe baretse gutera imbuto imvura *Imvura iri kugwa ubu ngo ni 1L/m², iyi ngo ntisomya ubutaka Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe itaganyagihe bwabwiye abanyamakuru ko bukurikije ibipimo bufite bigaragara ko imvura izagwa muri uyu muhindo izaba nke mu Ntara y’Iburasirazuba, Amajyepfo n’Umujyi wa Kigali ugereranyije n’ubushize gusa ngo mu Ntara z’Iburengerazuba n’Amajyaruguru ho izaba […]Irambuye

Amakuru atangwa na Meteo Rwanda ni amakuru yizewe – Mukantabana

Minisiteri ifite ibiza mu nshingano yatangaje kuri uyu wa kabiri ko amakuru atangwa n’ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe yizewe nubwo hari abahinyura amakuru iki kigo gitanga. Ni mu kiganiro cyatanzwe n’iyi Minisiteri kijyanye n’umunsi mpuzamahanga wahariwe kugabanya ingaruka ziterwa n’ibiza kuva ku itariki 27/10 kugeza ku itariki 2/11/2015. Seraphine Mukantabana avuga ko amakuru atangwa n’ikigo cy’igihugu cy’iteganyagihe […]Irambuye

Gatsibo na Nyagatare iteganyagihe ryarababeshye barahinga ntibyamera

Ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi (RAB) kirasaba abaturage bo mu turere twa Gatsibo na Nyagatare bateye soya igahera mu butaka kongera kwishakamo ubushobozi kugira ngo imbaraga bakoresheje bategura ubutaka n’ifumbire bidapfa ubusa. Aba baturage bateye imbuto zabo nyuma y’uko ikigo cy’igihugu gishinzwe isakaza bumenyi bw’ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko imvura izagwa ari nyinshi bityo […]Irambuye

en_USEnglish